Menya ugukunda ninde? Ateye gute?

 Akenshi tujya twibeshyako kuba Hari umubare nyamwishi wabantu bakubwira ko bagukunda aribyo dukeneye bamwe ngo nigikundiro

Oya uyumunsi menyako igikundiro arugukunda ugakundwa numuntu umwe wawundi unezezwa nawe ukaguhangayikira cyangwa woeukamuhangayikira urwo nirwo rukundo ukeneye kugirango utuze utekane.

Abantu benshi bakunda guhura nagahinda kubera bakunze benshi icyarimwe kuko it banyeko ufite abandi ukunda kuruhande ntakabuza Bose barakureka ukabyivugana. Burya umuntu mukundana ntiyakureka byoroshye aramutse azi neza ko ariwe ukunda

Aramutse akuretse biragukomeretsa ariko nawe bimubamo iteka ryose ahora yishinja ko yaguhemukiye niba ushaka urukundo nyarwo Kora ibi bikurikira

1 kunda umuntu umwe umukunde nkinka imwe, umwiteho nkaho aricyo ushoboue kabone nubwo ubyumukorera ataribyo we agukorera igihe kizatuma mukora ibisa

2 garagaza uwukunda niba Koko ariwe ukunda ntakindi wishinja ubikore ubyirata kuko nibwo bizakugarukira

3 wicika intege ngo ko we adakora nkibyo mukorera kubera ko abantu batandukanye uzamwegere umubaze ibyo akunda

4 jya ufata igihe mutemberane mujye ahantu hashobora kubarangaza ibitekerezo byanyu mwese bikajya hamwe nibwo uzamenya icyo agutekereza niba Koko agukunda iryo Jambo azarikubwira mutuje

5 ntugacike intege ngo uhagarike ibyo wakoraga kuko byagaragaza ko wabikoreraga bambone

Nibyishi k'urukundo tuzagenda tugarukaho murakoze


Comments